News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyavuze ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa 10 kizashyira ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi bwa 6 ku buzima n’imibereho y’abaturage, DHS 2020.
Abacuruzi bato bambukiranya imipaka mu Karere ka Rusizi, baravuga ko urujya n'uruza ku mipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugenda rusubira uko rwahoze nyuma yo kugirwa ...
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Abanye-Congo bari barahunze intambara imaze iminsi ihuza M23 n'Ingabo za DRC, FARDC, Umutwe w'Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, batangiye gusubira mu gihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 ...
Mu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu zitandukanye zirimo no kwirinda gusekwa n’abaturanyi. Abagabo baganiriye na RBA bagaragaje ko iryo hohoterwa ...