资讯

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
This article has been trashed from the web, Please contact info@rba.co.rw for more details!
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Muri ibyo biganiro, Minisitiri Nduhungirehe yamuhaye ubutumwa bw’u Rwanda bwihanganisha kandi bushyigikira abanye-Qatar ...
Shortlist :RTV/RADIO Reporters/Presenters ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Abatuye mu bice bitandukanye by'Umurenge wa Rangiro ufatwa nk'uw'icyaro cyane mu Karere ka Nyamasheke, bishimira ko batangiye kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi ndetse ukaba uri kubafasha guhanga ...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yasabye Abanyafurika kwitabira ikoranabuhanga mu buhinzi, hashyigikirwa urubyiruko ruhanga ibishya kandi hagabanwa ibikibangamira ubuhinzi mu rwego ...
Tariki ya 7 Kamena 2025 ni bwo u Rwanda rwikuye mu Muryango w’Ubukungu by’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), ruwushinja kunyuranya n’amategeko shingiro awugenga no kubogamira ku ruhande rwa ...
Abahanzi barimo Kendrick Lamar, Chris Brown, SZA, Ayra Starr, bari mu begukanye ibihembo muri ‘BET Awards 2025’ mu gihe Snoop Dogg yagaragaye mu bahawe igihembo cyihariye. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, ...